HtmlToText
ma raison, mes sentiments et mon désir tres chere maman virtuelle @cloniragire dusubire inyuma amezi 3. mu rugo ngenyine n’umukozi, papa arwaye, ameze nabi yarembye, ni ubwa mbere nari mubonye ameze gutyo. kera nkiri umwana, nigeze kurwara sana, bantera inshinge 5 ku munsi, sinabashaga kugenda. nari narabaye igicumba kubera inshinge, ntago nicaraga, cyangwa ngo ryame ku mugongo, kubera inshinge zari zaramugaje. nabyukaga mbere y’abandi mu gitondo, nkafata inkoni y’igiti nari mfite, nkacumbagira, mpaka ngeze ku idirishya, nkafungura rideaux, nkareba abandi bari gukina hanze cache-cache hanze. nkareba uko bihisha, nkibwira mu mutima ‘’ibigoryi ntibizi no kwihisha, ubu mba nabivumbuye byose.’’ yeaah kubera nabaga nababonye bajya kwihisha, ariko iyo ntaba mbabona sinzi ko nari kubavumbura da. nkahagarara ku idirishya mpaka bagiye, bagenda nkasubira ku buriri bwange, nakumva akana gasakuje, nkirukira ku idirishya, kuko aho niho numvaga ntari ngenyine, narebaga abandi biruka, bakina, nkaseka et ouiii nkumva turi kumwe. biza kugera aho guhaguruka nabyo biranga. irungu ntiryica, rigira mubi. uzi kumara umunsi wose, uryamye ahantu hamwe, wubitse inda, udakoma, wumva abandi basakuza!! umunsi umwe ndabaza “nange nzabasha kwiruka neza nk’abandi?’’ … ntawigeze ansubiza. rero kugira ngo ntiheba ngo nzapfa, cyangwa sinzigera ngenda, kugira ngo numve ko ntari ngenyine, papa, icyo gihe sinzi niba hari akazi yagiraga but twaririrwanaga, yarakuyeho umusatsi wose nkange kubera imiti nafataga. agura ipantaro yenda gusa nk’iyange nirirwaga nambaye. sinzi impamvu kumubona tumeze byampaga ikizere ko bizashira. nawe nari nzi ko yari arwaye, bamuteraga inshinge 5 ku munsi but nabimenye hashize imyaka mike ko yari ukugira ngo ntigunga, nkaguma aho ngenyine, irungu rikanyica. byanyigishaga kwiyakira uko ndi, but icyo gihe sinari mbizi ko biri kunyigisha. nabimenye ejo bundi nkuze. so hejuru navugaga, umunsi naherukaga kubona papa ameze nk’uko yari ameze uwo munsi ni icyo gihe nkiri umwana. yari ameze nabi, au vrai sens du terme, ndi ngenyine, grand-mere yakubise crise, nta umutwe. ubwo turi 2 gusa mu rugo. ngira imana mbona papa arorohewe, araryama, arasinzira gato. uwo munsi nta muntu nari nigeze mvugisha, nta nuwo nashakaga kuvugisha. sinzi ukuntu nabonye message ivuga “bonjour, t’es sur que ca va?”… pause gato!! none se hari umuntu uzi ibyo nari ndi gucamo? iyo message yari suspicious ukuntu. ndeba hirya, ndeba hino, ndeba hejuru mu ma coins nib anta camera cache zihari, ndashaka hose, kuko ntago bishoboka! basi iya “bonjour” gusa nari kuvuga aha ni sawa. ndabeshya, nk’abandi bose nti “oui ca va!”… haza indi:“ohh ok! tu peux tout me parler tu sais?” … now wait somebody is spying on me. ibi ntago bishoboka. convo irakomeza, et puis sinzi uko byagiye bigenda, ntangira kuvuga what i was going through, et ca m’a fait un bien fou. atari uko nari mbonye uwo mbibwira, mais nari mbonye ungarurira ikizere. clo, tu te rappelle quand tu m’as dit “don’t worry, about the things, coz every little thing is gonna be alright”, quand tu m’as dit “apres l’orage vient toujours le bon temps” , “ibyiza nibyo tutarabaho”… nibindi byinshi sana… mbwira tu te rappelles ayo magambo yose wambwiye?? ntago nari nzi ko uwo munsi ndi bunaseke, but after some hours i was smiling, ibyo nari ndi gucamo byose byari bindemereye ku mutima, byashiriye aho. i started to believe that everything’s gonna be alright!! ikintu kimwe, quand tu degages une energie positive autour de toi, nabari ku ruhande nabo bamererwa neza. ouiii, papa ntago yongeye kuremba, kandi nta yindi miti yafashe. ndabizi gutanga care, i am the wrong guy, kuribyo bintu ndi zero kabisa. but what goes around comes back around and now i guess it’s my time kukubwira “don’t worry, be happy. every little thing is gonna be alright!!! everything… apres l’orage vient toujours le beau temps, just believe, smile, i want that clo unyereka ko no matter how hard things may seem, buri munsi birashira, ouii la meilleure partie de notre vie c’est celle qu’on a pas encore vecu, yeaahh focus on that one, and everything will be alright. promis… ni wowe wabinyigishije de toujours positiver so nawe nibyo ndi kugusaba. la vie n’est pas toujours rose, mais quand tu stresses iba umukara fake kabisa ibyo ndabikwijeje rwose. just smile… god bless u and the whole family” oui nange nagombaga gukora ibyo wankoreye, j’avais une dette envers toi, none nuyu munsi mbonye nyikwishyura. kandi ntupfushe ubusa ino post yange, ngo ntigire icyo ikumarira. reka nange menye ko i’ve been there for someone atleast rimwe ryonyine mu buzima. que de l’amour chere maman virtuelle, je t’aime!!! 20 juillet, 2013 à 10:58 | commentaires (0) | permalien 1 2 3 4 5 ... 23 auteur juin 2019 l ma me j v s d « juil 1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 26 27 28 29 30 catégories mes couilles mon cerveau mon coeur recherche pour : recherchez aussi : - isombe rwanda - guteka isombe - ati ndi kadwingi - subirayo ntamahwa - uko nabaye umutinganyi messagerie vous devez être connecté à votre compte pour me contacter archives juillet 2013 juin 2013 mai 2013 mars 2013 février 2013 janvier 2013 décembre 2012 novembre 2012 méta inscription connexion flux rss des articles rss des commentaires international logistics net... | latetedanslestoiles | cette érection | unblog.fr | créer un blog | annuaire | signaler un abus | bebeemy | de paris à dakar | hippieshake